- Table View
- List View
Mpyisi na Bakame
by Mutugi KamundiN'ubwo bari inshuti bwose, Bakame yagiye yungukira mu bucucu bwa Mpyisi. Gusa n'ubwo Bakame ari inyaryenge, ntabwo azakomeza guhenda ubwenge Mpyisi ubuziraherezo.
Umukecuru Na Bakame
by Sysvestre NtabijyanaIyi nkuru iravuga uko byagendekeye umukecuru ubwo yari agiye gusura umukobwa we wari utuye hakurya y'uruzi.
Umukobwa wakundwaga cyane
by Ritah Katetemera and Mulongo BukheyeAkabindi keza ka Marebe karamenetse, maze arababara cyane. Yahisemo kwigira mu ishyamba iwabo baramubura.
Nyiramaterefone
by Ursula NafulaNyiramaterefone aratangaje cyane. Tekereza nawe umuntu ufite terefone eshanu zose. Azikoresha ate?
Umunsi w'amahirwe kuri Mugabo
by Adelheid Marie BwireMugabo ajyanye na se ku isoko. Agezeyo atangira kwifuza imyenda yabonyeyo. Ese bafite amafaranga yo kuyimugurira?
Nkuba na Mirabyo
by Ogot OwinoNkuba n'umuhungu we Mirabyo babanaga n'abantu ku isi. Bitewe n'uko Mirabyo yarangwaga n'imyitwarire mibi yo kwangiza, umwami yarabaciye ngo bajye gutura mu kirere kure y'abantu.
Mukiza yatabaye se
by Kanyiva SandiSe wa Mukiza yabaga yasinze buri joro maze yataha agatabaza abeshya ko atewe n'impyisi. Ariko noneho umunsi umwe aterwa n'impyisi koko. Ese hari umuntu uri bumutabare?
Inkoko n'Agaca
by Ann NdukuKera inkoko n'agaca byari inshuti magara. Nuko umunsi umwe inkoko iza gutira agaca urushinge, nuko rwa rushinge ruzagutakara. Ibyo birakaza agaca cyane maze kigira umugambi wo kwihimura gatwara umwana w'inkoko.
Twirinde Koronavirusi
by Nyiraminani OlivietteIgitabo cy’abana bagitangira gusoma kivuga ku kwirinda koronavirusi.